Ibigo bikorana n’Ikigo cy’imisoro n’amahoro
Ikigo cy’imisoro n’amahoro gishishikajwe no gukorana n’ibindi bigo bikora imirimo nk’iyo gikora. Ibyo bigo birimo ibigo bishinzwe imisoro n’amahoro ndetse birimo n’imiryango mpuzamahanga na Minisiteri za Guverinoma y’u Rwanda.
Ibigo dukorana mu Rwanda:
- Rwanda e-Regulations
- Minisiteri y'Imari
- Polisi y'Igihugu
- RURA
- Minisiteri y'Ubutabera
- Ibiro bishinzwe abinjira n'abasohoka
- Magerwa
Ibigo mpuzamahanga:
- Ibiro bishinzwe iterambere ku isi (DfID - UK)
- Ikigega mpuzamahanga cy’imari
- Banki y’isi
- Abakomiseri b’imisoro n’amahoro, Ireland
Ibigo byo muri Afurika y’iburasirazuba
- Ikigo cy’imisoro n’amahoro (Uganda)
- Ikigo cy’imisoro n’amahoro (Kenya)
- Ikigo cya Leta gishinzwe imisoro n’amhoro (Tanzania)
- Ubuyobozi bushinzwe imisoro n’amahoro (Burundi)