Polisi y’igihugu
Polisi y’igihugu yiyemeje gutanga serivisi nziza no gukorera mu mucyo, gukora ku buryo amategeko yubahirizwa no gukora ku buryo nta byaha bikorwa.(...)
KomezaMinisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi (MINAGRI) ifite intumbero yo gukora ku buryo abantu bahinga kandi bakorora ku buryo bugezweho kugira ngo bagire umutekano mu byerekeye ibiribwa. (...)
KomezaIbigega bikuru by’u Rwanda (MAGERWA)
Ibigega bikuru by’u Rwanda ni ikigo cya leta cyashyizweho mu mwaka w’1969 n’iteka rya Perezida no 153/10 ryo ku wa 10 Nyakanga 1969. Iki kigo gifite ububiko byemewe kandi bugenzurwa n’ibiro bishinzwe gasutamo n’imisoro yo mu gihugu hagati abacuruzi, abanyenganda, abahinzi n’abandi bantu bose bashobora kubikamo ibicuruzwa.(...)
KomezaIbiro bishinzwe abinjira n’abasohoka
Ibiro bikuru bishinzwe abinjira n’abasohoka bifasha abanyamahanga bifuza kubona za viza kuzibona. Iyo abaza mu Rwanda bava mu bihugu u (...)
KomezaIkigo gishinzwe gutsura ubuziranenge
Mu rwego to kugenzura ibikorwa byerekeranye no guteza imbere ubuziranenge, ubwiza bw’ibicuruzwa na metrology mu gihugu, gufasha abanyarwanda kongera ubwiza mu byerekeye ubuziranenge kugira ngo ibicuruzwa na serivisi (...)
KomezaBanki nkuru y’igihugu
Banki nkuru y’igihugu (BNR) ni ikigo cya leta gifite kigenga kandi gifite ubwisanzure mu miyoborere no mu by’umutungo. Gifite ububasha bwo kugirana amasezerano, (...)
KomezaIshyirahamwe ry’abikorera ku giti cyabo
Ishyirahamwe ry’abikorera ku giti cyabo ni ikigo gikora yo mu rwego rw’ababigize umwuga kigamije guteza imbere no guhagararira inyungu rw’abacuruzi b’abanyarwanda. Ni ikigo kigizwe n’ibigo 9 bikora ibyerekeranye n’ubucuruzi. (...)
Komeza